Edicational Website for Rwandans


     

urugwiro!

 Nyarugenge ibiciro ku bibanza by'ubucuruzi biraje bihananurwe.

Isoko rya Kigali city market riherere mu mugi wa Kigali mu karere ka Nyarugenge rikaba ari isoko rigezweho rigendanye n’igihe. Rikaba ricururizwamo ibintu byinshi bitandukanyanye, muri Gicurasi 2013 nibwo twasuye iryo soko twasanze harimo ibibazo cy’ibyumba birimo ubusa ni kibazo kibibanza ni misarani bihenze nkuko twabitangarijwe na bamwe mubacuruzi nabakuru baryo.

Twabajije bamwe mubaricururiza mo, bavuzeko igituma bitabona abakiriya ari uko bihenze cyane kandi bikaba biri hejuru. Ikindi kandi nabo nubwo barimo bakaba batabona abakiriya kubera abantu bacururiza hanze , kuri make kubera  badatanga imisoro. Ibyo bigatuma batabona abakiriya.

Haracyari n’ikibazo rift zitwara abantu zidakora kujya hejuru bikaba bigora abantu benshi bashaka kujyayo hakaba ntaninzira zabamugaye bateganyijwe. Ariko ubuyobozi bw’isoko buvugako bari kuvugana n’abashoramari banyirisoko kugirango bagabanye ibiciro barebe n’uko bakongera wese (W.C) .                 Kuri ubu ikibanza kimwe kikaba bagikodesha ibihumbi mirongo ine by’amanyarwanda (40000frw) ku kwezi bagatanga ijana uko ugiye muri W.C ukongeraho n’imisoro. Ariko bakaba bari gukora ubuvugizi ngo barebe ko byakemuka vuba.

        Nyandwi Francois d’assise

 

67
Tigo
Give your Comment
E-mail:
Names
Comment:
Comments